Browse by Category
Latest News (105)
Article Search Results
Search results in category Latest News
Perezida Kagame asanga buri wese afite ubushobozi bwo kuba Umuyobozi
Published: 12/11/2012 by igihe.com in Governmental
Mu ruzinduko Perezida Paul Kagame yagiriraga mu gihugu cya Nigeria aho kuri uyu wa 10 Ugushyingo yahuraga na ba Rwiyemezamirimo bakiri bato 100 i Lagos, yababwiye ko buri wese afite ubushobozi bwo kuba Umuyobozi.
Kuki u Rwanda rutatumiye u Bubiligi mu iyihizwa ry’imyaka 50 y’ubwigenge ?
Published: 19/06/2012 by igihe.com in Governmental
Tariki ya 1 Nyakanga u Rwanda ruzizihiza imyaka 50 rumaze rubonye ubwigenge nyuma yo gukolonizwa n’Ababiligi, gusa mu muhango wo kwizihiza iyi sabukuru u Rwanda ntirwatumiye umuyobozi n’umwe wo muri Leta y’u Bubiligi ku bushake.
Dushyira imbere ibikorwa by’iterambere, aho gushakira indamu mu mahanga – Perezida Kagame
Published: 31/08/2012 by igihe.com in Governmental
Ubwo yagiranaga ikiganiro na kimwe mu binyamakuru bikomeye mu Mujyi wa New York kitwa “Metro”, Perezida Kagame yongeye guhakana ibivugwa na raporo y’impuguke za Loni, ishinja u Rwanda gufasha umutwe wa M23, avuga ko icyo u Rwanda rushyize imbere ubu
Perezida Kagame yitabiriye inama ya 20 y’Abakuru b’Ibihugu bya Afurika Yunze Ubumwe
Published: 28/01/2013 by igihe in Governmental
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame na Madamu we Jeannette Kagame, kuri iki cyumweru tariki ya 27 Mutarama 2013 bitabiriye Inama ya 20 y’Abakuru b’Ibihugu na Guverinoma bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe iri kubera i Addis Abeba muri Ethio
Kubwa Maingain, habonetse ikimenyetso kiganisha ku kuri ku wahanuye indege Falcon 50
Published: 04/06/2012 by igihe.com in Governmental
Nyuma y’aho hagaragariye inyandiko ihamya ko mbere y’ihanurwa ry’indege y’uwari Umukuru w’Igihugu Juvenal Habyarimana mu 1994, mu bubiko bw’intwaro bw’ingabo za Ex FAR hari misile zakorewe mu Bufaransa zo mu bwoko bwa Mistral zigera kuri 15 zirimo n’
U Rwanda na Uganda Biravugurura Umubabo Wabyo
Published: 14/12/2011 by voanews.com: Etienne Karekezi in Governmental
The content is in Kinyaranda
Bimwe mu bigenerwa abanyapolitiki bakuru bishobora kuba inguzanyo ?
Published: 08/06/2012 by igihe.com in Governmental
Byinshi mu bitekerezo by’Intumwa za rubanda muri Komisiyo y’Imibereho Myiza y’Abaturage mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda ku bigenerwa abanyapolitiki bakuru b’igihugu ; byagaragarijwe Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo ;ku wa 4 Kamena 2012 :
U Rwanda rwatorewe kujya mu Kanama Gashinzwe Amahoro ku isi
Published: 19/10/2012 by igihe.com in Governmental
Kuri uyu wa 18 Ukwakira 2012, u Rwanda rwatorewe kujya mu Kanama ka LONI Gashinzwe Amahoro ku isi mu matora yabereye i New York muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
Frank Habineza w’ishyaka Green Party, agiye kugaruka mu Rwanda ku bushake
Published: 21/08/2012 by igihe.com in Governmental
Frank Habineza, Umuyobozi mukuru w’ishyaka rya Green Party ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda, yatangaje ko agiye kugaruka mu Rwanda ku bushake nyuma yo kumara imyaka 2 mu buhungiro.
Abadepite 15 baturutse Uganda basuye RDB mu rugendoshuri
Published: 13/11/2012 by igihe.com in Governmental
Abadepite 15 bo mu gihugu cya Uganda bari kumwe n’Ambasaderi Richard T Kabonero, basuye Ikigo cy’Igihugu cy’iterambere (RDB) mu rwego rwo kwigira ku bikorwa bya RDB bitandukanye bizamura iterambere.















